إعدادات العرض
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
1- Allah aba ari hafi cyane y'umugaragu we mu gicuku cy'igice cya nyuma cy'ijoro
10- Iryo ni ibuye ryatawe mu muriro hashize imyaka mirongo irindwi, ubu nibwo rigeze ku ndiba y'umuriro!
17- Ese mbereke ibyatuma Allah abababarira ibyaha byanyu, ndetse akanabazamura mu ntera?
22- Njye mpa umugaragu wanjye nshingiye k'ubyo yizera kuri njye, kandi mporana nawe iyo anzirikanye
27- Abayoboke banjye bose bazababarirwa usibye abakora ibyaha ku mugaragaro
28- Igihe cyose umugaragu ahishiriye mugenzi we hano ku isi, Allah nawe ku munsi w'imperuka azamuhishira
29- Umwe muri mwe ntazapfe, atizera Allah nkuko bikwiye
37- Jya uba ku isi nk'umushyitsi cyangwa se umuntu wihitira
38- Ururimi rwawe ntiruzatane no gusingiza Allah
39- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
40- Gutuka umuyisilamu ni ubugizi bwa nabi, no kumurwanya ni ubuhakanyi
44- Umunyabugugu ni wa wundi izina ryanjye rivugwa ahari ntansabire amahoro n'imigisha
48- ALLAHUMA ASW’LIH LII DIINII ALADHI HUWA I’SW’MATU AMRII
50- ALLAHUMA INI AS'ALUKA AL AFIYAT FII DUNIYA WAL AKHIRAT
51- Mana Nyagasani ndagusaba ibyiza byose, ibya vuba n'ibizatinda, ibyo nzi n'ibyo ntazi
57- Ubusabe bwo gusaba imbabazi buhatse ubundi
68- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
69- Uzavuga imvugo navuze abizi cyangwa akeka ko ari ikinyoma, azaba ari umwe mu babeshyi
75- Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
82- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
83- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
84- Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
87- Allah yatanze urugero rw'ubuyisilamu abugereranya nk'inzira igororotse
98- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}
